|
right side
![]()
Abakozi babiri b´Akarere ka Gisagara bitabye Imana kuri iki cyumweru
kuya 9-07-2012 saa 04h24'
| 1 Izindi Nkuru
RDC : Makenga yasabye ingabo kuryamira amajanja kuko batangiye gusatirwa
Mitchell yisobanuye ku mpamvu yatumye arekura imfashanyo u Bwongereza bwari bwahagaritse k' u Rwanda
Ukwiyongera kw’abakora umwuga w’uburaya niryo pfundo ry’ubwiyongere bwa Sida mu Rwanda
Kongo Kinshasa : Abasirikari ba Angola bongeye kugaragara ku butaka bw'iki gihugu
Amakuru dukesha ubuyobozi bw´Akarere Gisagara ni uko kuri iki cyumweru taliki 8/7/2012 Akarere ka Gisagara kabuze abakozi babiri bapfuye mu uburyo butandukanye bose baguye mu bitaro bikuru bya Kaminuza bya Butare (CHUB). Abitabye Imana akaba ari Niwebasa Assoumpta w´imyaka 42 wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w´Akagali ka Higiro mu Umurenge wa Nyanza, waguye mu bitaro bya CHUB azize uburwayi busanzwe. Uwa kabiri witabye Imana kuri kiriya cyumweru ni Mukantwali Hyacinthe w´imyaka 40 wari umukozi w´Akarere ushinzwe ubushyinguranyandiko ( Archives et documentation ) nawe waguye kuri CHUB.
Hyacinthe akaba yari atwite afatwa n´indwara y´umuvuduko udasanzwe w´amaraso ( Hypertension) ari nayo yamuhitanye.Nyuma yo kwitaba Imana abaganga bakaba bamukuyemo umwana wari yari atwite bakaba bari kumwitaho. Akaba asize abana 6 ( harimo n´uruhinja abaganga bari kwitaho). Imana ibahe iruhuko ridashira Ubwanditsi Umuryango.com |
