|
right side
![]()
Abadage ntibazibagirwa izina Balotelli mu mateka
kuya 29-06-2012 saa 10h09'
| 1 Izindi Nkuru
Isonga FC yashyize abakinnyi ba yo bose ku isoko
Faustin yiteguye kwerekeza muri CECAFA Kagame Cup n’umutima mwiza
“Faustin yibagirwa vuba”- Didier Gomes ababajwe cyane n’uko uyu mukinnyi yanze kujyana na Rayon Sports
“Iyo nitegereje umupira w’abanyarwanda mbona nabagira inama yo kuwureka bakajya birebera uwo hanze”- Perezida Paul Kagame
Mu mukino wa kimwe cya kabiri cy’igikombe cyo ku mugabane w’uburayi waraye ubaye kuri uyu mugoroba wahuzaga Ubudage n’Ubutariyani, umukinnyi Balotelli yanditse amateka ubwo yatsindaga Abadage agahesha Abatariyani kugera kuri mukino wa nyuma.
Mu mukino waraye uhuje ikipe y’Ubudage n’Ubutaliyani mu guhatanira kugera ku mukino wa nyuma, ukaba wegukanywe n’Abatariyani ubwo batsindaga Abadage ibitego bibiri byose bya Balotelli kuri kimwe. Abatariyani bakaba bakinnye umukino mwiza urimo n’ubuhanga ,umukinnyi Balotelli ubu wahawe izina rya Ki Kong, izina rizwi muri filimi aho bamugereranyaga n’Imana y’Abataliyani,akaba ariwe wakomeje kwigaragaza muri uwo mukino.Ibitego by’Ubutaliyani byatsinzwe na Mario Balotelli ku munota wa 20 n’uwa 36. Ku munota wa 91 abadage bakaba babonye penariti yatewe n’umukinnyi Ozil ikaninjira, ariko bikaba bitababujije gutsindwa.Abatariyani bazahurira ku mukino wa nyuma n’Abespanyol kuri iki cyumweru saa mbiri n’iminota 45 z’umugoroba. Nahimana Diane Umuryango.com |
